Skip to main content Skip to page footer
Urubuga rwemewe rwa Leta y’u Rwanda

Serivisi ipima imibiri y’abapfuye n’abakomeretse

RFI itanga serivisi zo gupima imibiri y’abapfuye ikaba rikoreshwa nk’ibimenyetso byunganira ibindi mu manza (circumstantial evidence).

Iyi serivisi ifasha mu gusobanura ku bimenyetso bifitanye isano n’imibiri y’abantu, bikifashishwa mu iperereza no mu nkiko mu rwego rwo gufasha gutanga ubutabera

RFI itanga serivisi zo gupima imibiri y’abapfuye ikaba rikoreshwa nk’ibimenyetso byunganira ibindi mu manza (circumstantial evidence).

Iyi serivisi ifasha mu gusobanura ku bimenyetso bifitanye isano n’imibiri y’abantu, bikifashishwa mu iperereza no mu nkiko mu rwego rwo gufasha gutanga ubutabera